Anda di halaman 1dari 6

Amanota nagize

Isuzuma #K004: riteguye nk'ikizamini cy'uruhushya rw'agateganyo rwa Polisi.

Iri suzumabumenyi rifite ibibazo 20 bibajijwe nk'uko Polisi y'u Rwanda ibaza mu kizamini cy'uruhushya rw'agateganyo.

Amanota 7 / 20 Subiramo Igihe wakoreye: 5 . 6 . 2023

IKIBAZO 1

Ukuboko kuzamuye gutegetswe n'umukozi ubifitiye ububasha gusobanuye iki?

Abagenzi bose bagomba guhagarara uretse abageze mu isangano

IKIBAZO 2

Imodoka zikoreshwa nk’amavatiri y’ifasi cyangwa amatagisi zifite uburemere


bwemewe butarenga kg 3500 zigira umuvuduko ntarengwa ungana gute?

50 km/h

50 km/h

60 km/h

70 km/h

80 km/h

IKIBAZO 3
Amanota nagize
Iki cyapa gisobanuye iki?

Cyerekana akayira k'abana

IKIBAZO 4

Ni gute bagenda muri uyu muhanda?

Kugendera mu ruhande rw'iburyo

Kugendera mu ruhande rw'iburyo

Kugendera aho bitateza icyago

kugendera hagati y'umuhanda

Kugendera ibumoso

IKIBAZO 5

Abanyamaguru batatanye cyangwa bagize udutsiko tudafatanyije gahunda


kandi batayobowe n’umwarimu bategetswe kunyura he?

Mu kayira k’amagare

Mu kayira k’amagare

Mu tuyira turi kumpande z’umuhanda

Mu tuyira turi kumpande z’umuhanda no ku nkengero zigiye hejuru

Kuruhande rw’iburyo bw’umuhanda

IKIBAZO 6

Iki cyapa gisobanuye iki?

Ntihanyurwa n’abandi uretse abahaturiye n’abahagenda

IKIBAZO 7
Amanota nagize

Ku mateme, hagati y’ibinyabiziga bifite ibimenyetso byerekana umuvuduko


hagomba kuba intera ingana ute?

10 m

IKIBAZO 8

Iki cyapa gisobanuye iki?

Ahantu hari icyago kitazwi

Hafi y'ikibuga cy'indege

Ahantu hari icyago kitazwi

Ahantu hari umuyaga

Ahantu hari umuyaga w'intambike

IKIBAZO 9

Iki cyapa gisobanuye iki?

Amazi ari gutemba mu muhanda

Umuhanda utaringaniye

Amazi ari gutemba mu muhanda

Umuhanda unyerera

Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

IKIBAZO 10
Iki cyapa
Amanota gisobanuye iki?
nagize

Birabujijwe kuri bose kugenda badasizemo intera yerekanywe

IKIBAZO 11

Abanyamaguru ntibashobora gutinda mu muhanda cyangwa kuhahagarara


cyeretse habaye iki?

Iyo bagize itsinda ry’abantu benshi

Bambukiranya umuhanda mu nzira y’abanyamaguru

Hari impamvu nyakuri ibibateye

Iyo bagize itsinda ry’abantu benshi

Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

IKIBAZO 12

Iki cyapa gisobanuye iki?

Birabujijwe gukata iburyo

Birabujijwe gukata iburyo

Birabujijwe gukata ibumoso

Biremewe guhindukira gusa

Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

IKIBAZO 13

Iki cyapa gisobanuye iki?

Ahantu hari inkomane bangendamo bazengurutse

Ahantu hari inkomane bangendamo bazengurutse

Gitegeka imodoka guhagarara zigatanga inzira

Giteguza inkomane
Amanota nagize
Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

IKIBAZO 14

Urwego B imodoka zagenewe gutwara ibintu kandi zifite uburemere ntarengwa


bwemewe bungana gute?

Butarenga ibiro 3500

Butarenga ibiro 3500

Burenga ibiro 5000

Butarenga ibiro 5000

Burenga ibiro 3500

IKIBAZO 15

Iki cyapa gisobanuye iki?

Wasimbutse iki kibazo

IKIBAZO 16

Ibinyabiziga bikururwa n’inyamanswa biherekeranyije mu butumwa bigomba


kugabanywamo amatsinda afite uburebure butarengeje ubungana gute?

500m kandi hagati yayo hakaba nibura 30m

IKIBAZO 17

Ni irihe kosa iki kinyabiziga cyakoze?

Cyarengeje santimetero 30 uvuye ku nkengero z'umuhanda

Cyarengeje santimetero 30 uvuye ku nkengero z'umuhanda

Cyahagaze ahanditse ko nta guhagarara byemewe


Amanota nagize
Cyahagaze mu nzira y'amagare

Cyahagaze aho abanyamaguru bambukira

IKIBAZO 18

Mu nsisiro umuvuduko ntarengwa w’ibinyabiziga bitwarira abantu hamwe


ungana ute?

40 km/h

IKIBAZO 19

Ijambo “inzira y’ibinyabiziga” risobanuye iki?

Umuhanda

Umuhanda

Inzira zikikije umuhanda

Umuhanda n’inzira ziwukikije

Inzira nyabagendwa

IKIBAZO 20

Mu gihe ahindura icyerekezo umuyobozi wese agomba kubigira agabanije


umuvuduko kandi akareka hagahita iki?

Ibinyabiziga byihuta cyane

Ibinyabiziga byihuta cyane

Ibinyabiziga n’abanyamaguru bivuye mu muhanda agendamo

Abanyamaguru bambukiranya umuhanda avuyemo cyangwa uwo


aganamo

Uko tubika amakuru


Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Whatsapp +250791569555

Anda mungkin juga menyukai